Umutwe w'inyeshyamba wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko raporo nshya y'umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human Rights Watch (HRW) iwushinja gukora ...
Formula 1 ivuga ko "ikurikiranira hafi" intambara muri DR Congo mu gihe u Rwanda rwasabye kwakira isiganwa rya Grand Prix. Ibyo byatangajwe mu gusubiza ibaruwa F1 yandikiwe na Thérèse Kayikwamba ...